Tags : URSS

USA ya Trump ishobora kuva muri OTAN igakorana na UK

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Theresa May niwe muyobozi wa mbere ku isi wageze muri USA kuganira na Perezida mushya Donald Trump, barareba uko umubano w’ibihugu byabo usanzwe wihariye wakongera kugira imbaraga nyinshi. Uruzinduko rwa May ngo rugamije kureba uko ibihugu byombi byakorana bya hafi mu bukungu no mu bya gisirikare. Ni nyuma y’uko mu ntangiriro […]Irambuye

en_USEnglish