Mu gihe hasozwa ibiganiro ku ntego z’ikinyagihumbi (MDG), no kuri gahunda irambye yo kurinda ibyagezweho mu ntego Isi yari yihaye, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagejeje ijambo kubayobozi batandukanye bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ya 70 (2015), aho yasabye Isi kunga ubumwe no guca ubusumbane nk’imwe mu nzira z’iterambere rirambye. Perezida Paul Kagame yavuze ko […]Irambuye