Tags : Umurimo

Imibare mishya: ubushomeri mu Rwanda buri kuri 13,2%

*Ubushomeri mu mujyi ubu ngo ni 16%, mu cyaro ni 12,6% *Ubu abafite ibyo bakora ni 42,8% imibare yakorwaga mbere bari 80% *Abahinzi mu Rwanda bari 70% ariko ubu ni 46% *Ku isoko ry’umurimo 5% gusa ni abageze mu mashuri makuru na Kaminuza *Abakozi 50% bakora amasaha 5 gusa ku munsi *Ubushomeri ngo buragenda bwiyongera […]Irambuye

Gutanga serivise nziza ntibisaba ibihenze ariko umusaruro wabyo ni munini

Mu muhango wo kwizihiza Mmunsi Mpuzamahanga w’umurimo wabaye tariki ya 1 Gicurasi Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yibukije abakozi n’abakoresha guhora bita ku mitangire myiza ya serivise kuko ngo  bidasaba ibihenze ariko bigatanga inyungu nini cyane. Minisitiri w’Intebe avuga ko abakozi n’abakoresha bagomba gutanga serivise nziza mu rwego rwo kunoza umurimo bakora no kongera umusaruro bakura […]Irambuye

en_USEnglish