Dr Phenias Nkundabakura wigisha ubugenge muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ryigiha uburezi yabwiye Umuseke ko ku italiki ya 01, Nzeri uyu mwaka mu Rwanda hazaboneka ubwirakabiri bw’izuba (Eclipse solaire) bukazaba mu masaha ya mu gitondo guhera sa mbiri na mirongo ine n’itanu(8h45)kugeza saa 12h22. Ubu bwirakabiri ngo buzaba ari bwose ku isaha 10:28 za mugitondo. […]Irambuye