Tags : Transform Africa 2015

Politike idaheza niyo izakuraho ubusumbane mu ikoranabuhanga- Jeannette Kagame

Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Ukwakira, Madame Jeannette Kagame yagejeje ijambo ku mpuguke mu ikoranabuhanga zaturutse hirya no ku Isi, nk’umwe mu bantu bafasha abakobwa kwitabira uburezi by’umwihariko mu masomo akunze kwiharirwa n’abahungu nk’ikoranabuhanga n’ubumenyingiro, yagaragaje ko hakiri icyuho ariko gishobora gikemuka mu gihe hariho Politiki iha amahirwe angana ibitsina byombi. Ikiganiro cyareberaga hamwe uko […]Irambuye

Muri Transform Africa 2015 hazatangizwa Facebook y’Ikinyarwanda

Mu nama mpuzamahanga y’iminsi itatu ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ hazashyirwa ku mugaragaro ‘Facebook’ iri mu rurimi rw’Ikinyarwanda, bizorohereza abantu bakoresha ururimi rw’Ikinyarwanda ariko batazi indimi z’amahanga nk’igifaransa cyangwa icyongereza ubundi byakoreshwaga. Gutangiza Facebook y’Ikinyarwanda bizakorwa kuwa mbere tariki 19 Ukwakira 2015, ari nawo munsi wa mbere wa ‘Transform Africa’. By’umwihariko, iyi nama mpuzamahanga […]Irambuye

en_USEnglish