Tags : Tour du Rwanda 2016

Biracyagoye, ariko 96% namaze gutwara Tour du Rwanda 2016- Ndayisenga

Tour du Rwanda 2016 iri kugana ku musozo. Amahirwe menshi yo kwegukana iri rushanwa ry’amagare arahabwa Umunyarwanda Valens Ndayisenga, utsinze etape ya gatandatu (6). Umukurikiye aramurusha amasegonda 42 gusa. Uyu munyarwanda avuga ko afite ikizere kigera kuri 96% cyo kwegukana Tour du Rwanda 2016. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Ugushyingo, hakinwaga etape ya gatandatu […]Irambuye

en_USEnglish