Tags : TICAD

U Rwanda rwiteze byinshi ku nama izahuza Ubuyapani na Afurika

Ku matariki 27-28, Kenya irakira inama ya gatandatu mpuzamahanga ku iterambere rya Afurika itegurwa n’Ubuyapani n’abandi bafatanyabikorwa, u Rwanda ngo rwizeye ko bizarushaho gukurura abashoramari benshi b’Abayapani muri Afurika. Iyi nama izwi nka Tokyo International Conference on African Development (TICAD) ni ubwa mbere izaba ibere muri Afurika kuva mu 1993 yatangira kuba. Iyo Kenya izakira […]Irambuye

en_USEnglish