Tags : Suzanne Nyiranyamibwa

M. Yohana, Muyango, Munyanshoza, Nyiranyamibwa na Kayirebwa bataramye mu kwibuka

Kigali – Mu ijoro ryo kuwa 08 Mata 2016, mu ndirimbo nyinshi zaririmbwe nyuma gato ya Jenoside kugeza ubu aba bahanzi bakoze igitaramo cyo kwibuka cyateguwe na Dieudonne Munyanshoza na Mariya Yohanna bise  “Ntacyambuza Kubibuka”. Iki gitaramo kitabiriwe n’abantu benshi barimo n’abayobozi ku nzego nkuru nka Minisitiri w’Umuco na Siporo, Minisitiri wo gucyura impunzi no […]Irambuye

Inkera ya "Hobe Rwanda". Igitaramo cyanyuze benshi bakitabiriye

Inkera y’umuco gakondo yiswe “Hobe Rwanda” y’uyu mwaka yabereye muri Serena mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki 13 Nzeri yitabiriwe n’Abanyarwanda babarirwa mu bihumbi bibiri, byatumye abahanzi nka Mani Martin, Mariya Yohana, Inganzo Ngari, Gakondo, Mighty Popo n’abandi batarama bashishikaye. Inkera (igitaramo) “Hobe Rwanda” ni igitekerezo cy’Abanyarwanda batandukanye biganemo abahanzi bakora indirimbo mu […]Irambuye

en_USEnglish