Tags : Sheikh Kayitare Ibrahim

Ndayisaba avuga ko Abapadiri bahamijwe Jenoside bakwiye kwamburwa iyi ‘Title’

*Abanyamadini basaba abiciwe gutanga imbabazi no kubatazibasabye kuko byomora ibikomere *Abanyamadini biyemeje kuvana Abanyarwanda n’abatuye isi ku banyamadini bagize uruhare muri Jenoside. *Abanyamadini bumvikanye ‘Kuvana urujujo mu banyarwanda ku bayobozi n’amatorero n’amadini bagaragaweho icyaha cya Jenoside’   Mu nama nyunguranabitekerezo kuri gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yahuje abayobozi b’abamadini n’amatorero na Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi […]Irambuye

Muri Islam iterabwoba ni ikizira – Ikiganiro kihariye na Mufti

*Uyu ni Mufti wa gatanu w’u Rwanda mu myaka 21 ishize *Ngo yasanze hari ibitagenda mu muryango wa Islam mu Rwanda ariko ubu biri kujya kumurongo *Uzamusimbura ngo akwiye gutinya Imana no kubaka ubumwe bw’Abasilamu mu Rwanda *Iterabwoba muri Islam ngo ryitwa Hibarah bivuze icyaha ndengakamere *Inyigisho zihembera iterabwoba mu Rwanda ngo zakomwe mu nkokora […]Irambuye

en_USEnglish