Tags : SDGC/A

Gushaka ireme ry’uburezi mwarimu abayeho nabi ni ugukora ubusa-Dr. Belay

*Ngo mu burezi, umwarimu ni we ukwiye kwibandwaho, *Mu Rwanda ngo uburezi kuri bose byagezweho ariko ireme riracyacumbagira,… Dr. Belay Begashaw uyobora ikigo gishinzwe kwihutisha intego z’iterambere rirambye muri Afurika SDGC/A avuga ko ireme rw’uburezi mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere rikiboshywe n’imiberereho mibi y’abarimu. Kuva kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hateraniye inama y’iminsi […]Irambuye

en_USEnglish