Savio Nshuti Dominique yatsinze ibitego bibiri muri bitatu Rayon Sports yatsinze Police FC mu mpera z’icyumweru dusoje, bikaba ibya mbere yari atsinze muri Shampiyona y’u Rwanda. Ngo byamufashije kwitegura neza umukino wa APR FC. Uyu musore w’imyaka 18, yageze muri Rayon Sports tariki 14 Nyakanga 2015, avuye mu Isonga FC, yakiniye umwaka ushize w’imikino wose. […]Irambuye
Tags : Savio Nshuti
Savio Nshuti Dominique yatsinze ibitego bibiri muri bitatu Rayon Sports yatsinze Police FC, mu mukino wo ku munsi wa 20 wa Shampiyona. Umukino Rayon Sports yakiriyemo Police FC, watangiye amakipe yombi asatirana kandi agaragaza inyota y’igitego cyo mu minota ya mbere. Ku munota wa 20, Rayon ni yo byahiriye binyuze kuri Nshuti Savio Dominique wari […]Irambuye