Tags : #Rwanda Transparency Rwanda

Ruswa mu masoko ya Leta ngo igiye kugabanywa no kuyatanga

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imitangire y’amasoko ya Leta, RPPA kiravuga ko uburyo bushya bwo gutanga amasoko hakoreshejwe ikoranabuhanga buzatangira gukoreshwa mu mwaka utaha, buzaba umuti w’ikibazo cya ruswa n’amanyanga byagaragaragamo nubwo ngo itazacika burundu 100%. Ubu buryo bwo gutanga amasoko hakoreshenjwe ikoranabuhanga ngo buzakemura ibibazo byinshi birimo na ruswa n’amanyanga ajyanye no guhimba impapuro zijyana n’itangwa […]Irambuye

RUSWA NO KUNYEREZA: “Kwegura gusa ku bayobozi ntibihagije,” Ingabire

Mu kugaragaza ibyavuye mu isesengura rya raporo y’Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yo mu mwaka wa 2012-13, kuri uyu wa kane tariki 29 Mutarama 2015, abayobozi Transparency International-Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane basabye ko abayobozi b’uturere tumwe na tumwe badakoresha neza ibya Leta bajya bakurikiranwa nyuma yo kwegura cyangwa kweguzwa. Ahanini byagaragaye ko bamwe mu […]Irambuye

en_USEnglish