Tags : #Rwanda Leaders Fellowship

Ubukwe bwa UMUTARE Gaby burabaye, Invitation yasohotse

Yakomeje kugira ibanga ubukwe bwe gusa ubu bwageze, yakoze ‘mariage civile’ mu ibanga rikomeye muri umwe mu mirenge yo muri Karongi Iburengerazuba, ubukwe bwe na Joyce Nzere ubusanzwe uba muri Australia gusaba n’ubukwe nyirizina bizabera i Kibagabaga. Umutare Gaby (Nikuze Gabriel) ugiye kuzuza imyaka 27 azwi cyane mu ndirimbo nka  “Mesa kamwe”,  “Ntunkangure”, “Urangora” n’izindi […]Irambuye

Demokarasi si umubare wa manda…Perezida si na we ukwiye gutegura

*Muri Demokarasi Perezida si we utegura uzamusimbura, keretse iyo ari ubwami *Sinzi impamvu abantu bibaza isano iri hagati y’Imana n’Ubuyobozi *Uwatwigishije nabi ni uwavuze ko ubuyobozi butajyana n’Imana Ni bimwe mu byavuzwe na Antoine Rutayisire, ku wa gatandatu ushize mu nama y’abayobozi bakiri bato yateguwe n’Umuryango Rwanda Leaders Fellowship uyoborwa na Reverend Pasteri Dr Rutayisire, […]Irambuye

Rev.Past. Rutayisire yashimye agaciro Kagame aha amasengesho y’igihugu

Ubwo Rev Past. Dr Rutayisire Antoine yagezaga ijambo ku mbaga y’abayobozi bakiri bato bari bitabiriye mu gikorwa cy’amasengesho bagirwa inama ku miyobrere, imbere ya Mme Jeanette Kagame, yashimiye Perezida Paul Kagame uruhare agira mu masengesho y’igihugu n’agaciro ayaha. Muri iki gikorwa kiswe ‘Young Leaders Conference’, cyateguwe n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship ukuriwe na Past Rutayisire, abayobozi […]Irambuye

en_USEnglish