Tags : Rwanda Law Reform Commission

Uwemerewe gukuramo inda azajya ahabwa uruhushya mu minsi 5

*Hari impamvu zizwi zizagenderwaho mu kwemererwa gukuramo inda, *Icyemezo cyo gukuramo ugihabwa azabanza arahire imbere ya Perezida w’urukiko, *Umwana wasambanyijwe azajya akurirwamo inda aherekejwe n’umubyeyi kandi ntajye mu nkiko. *Ubutinganyi si ikibazo kiri mu mategeko y’u Rwanda. Komisiyo y’Igihugu yo kuvugurura amategeko kuri uyu wa kane yagaragarije abanyamakuru bimwe mu byavuguruwe mu gitabo mpanabyaha cy’u […]Irambuye

Abanyarwanda n’amategeko….haracyarimo kutamenya -John Gara

“Ku Isi hose; abantu benshi bibuka ko hari itegeko iyo bagize ikibazo”; “Umuntu wese yari akwiye kumenya nibura bimwe mu bikubiye mu Itegeko Nshinga…”; Mu kiganiro kihariye Umuseke wagiranye n’umuyobozi mukuru wa Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe ivugurura ry’amategeko John Gara, yavuze ko mu bihugu hafi ya byose ku Isi; abaturage baba batazi amategeko agenderwaho n’ibihugu […]Irambuye

en_USEnglish