Tags : Rwanda Housing Authority

2020 u Rwanda ruzaba rufite abaturage 70% batuye neza bafite

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wagenewe imiturire ku Isi (World Habitat Day)  kuri uyu wa gatatu tariki 5/10/201 ikigo cy’igihugu cy’imiturire (Rwanda Housing Authority ) cyatangaje ko mu mwaka wa 2020 u Rwanda ruzaba rufite 70% y’abaturage batuye neza abandi 70% bafite amashanyarazi. Umunsi mpuzamahanga wagenewe imiturire wizihizwa buri ku wa mbere w’icyumweru cya mbere Ukwakira, […]Irambuye

Rwanda: Ikibanza umuryango ugomba guturaho cyavuye kuri 20/30m kijya kuri

18 Gashyantare 2018 – Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe guteza imbere imiturire(Rwanda Housing Authority) bwatangaje kuri uyu wa gatatu ko mu rwego rwo gusigasira ubutaka buto bw’igihugu ngo n’abanyarwanda b’igihe kizaza bazabone aho batura  ibibanza byatangwaga kugira ngo byubakweho amazu ni metero 20 kuri 30 bivuga ngo inzu y’umuryango umwe yubakwaga kuri metero kare 600(m2) gusa ubu […]Irambuye

Muri Kigali hagiye kubakwa inzu ziciriritse zo guturamo 5,000

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imyubakire mu Rwanda “Rwanda Housing Authority (RHA)” buratangaza ko hari umushinga mushya wo kubaka inzu ziciriritse zo guturamo ibihumbi bitanu (5,000) mu mpande zitandukanye z’Umujyi wa Kigali, 2,400 zikazubakwa mu Karere ka Nyarugenge. Eng. Leopold Uwimana, ushinzwe imyubakire muri RHA yatangarije ‘The New Times’ dukesha iyi nkuru ko hari imyanya ya […]Irambuye

en_USEnglish