Tags : Richard Tardy

Tardy mu biganiro na Rayon ariko ntaragera mu Rwanda

Richard Tardy yabwiye Umuseke ko ari mu biganiro byo kuba yaza gutoza ikipe ya Rayon Sports nibumvikana. Gusa avuga ko ataraza mu Rwanda ngo bumvikane nk’uko bimwe mu bitangazamakuru mu Rwanda byabyemezaga. Nimugoroba kuri uyu wa 14 Ukwakira 2014, Richard Tardy ku murongo wa Telephone yabwiye Umuseke ko ari iwabo mu Bufaransa. Ati “ Namenye […]Irambuye

Richard Tardy na Goran Kopunovic basabye gutoza Rayon

Abatoza Richard Tardy na Goran Kopunovic bombi baciye mu Rwanda umwe mu makipe y’igihugu y’abato undi mu ikipe ya Police FC Umuseke wamenye ko bagejeje amaruwa asaba akazi mu ikipe ya Rayon Sports, kimwe n’abandi batoza benshi ariko batazwi cyane. Amakuru dukesha bamwe mu b’imbere muri iyi ikipe y’i Nyanza aravuga ko Goran Kopunovic, wasezerewe […]Irambuye

Ushaka gusimbura Richard Tardy yahoze muri Chelsea FC

FERWAFA iri mu biganiro na Lee Johnson ushobora kuba agiye gusimbura Richard Tardy ku mwanya w’umuyobozi wa Tekiniki w’umupira w’amaguru mu Rwanda. Tardy uyu aherutse gusoza amasezerano ye ntiyongerwa, aritahira. Bonnie Mugabe umuvugizi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye Umuseke ko koko FERWAFA iri kuvugana na Lee Johnson kuri uriya mwanya kandi ibiganiro biri kugenda […]Irambuye

en_USEnglish