Tags : RFTC

Gicumbi: Gare yamaze kuvugururwa nyuma y’imyaka itatu imirimo itangiye

Bamwe mu batuye mu karere ka Gicumbi bavuga bishimira intambwe bagezeho mu  kubakirwa ibikorwa remezo, birimo Gare  nshya yo mu mujyi wa Byumba, dore ko nyuma yo kuyivugurura bubakiwe n’umuhanda wa kaburimbo uyizenguruka ku buryo imodoka aho zituruka zigera muri gare nta byondo zikandagiyemo. Abaturage bagaruka cyane ku ruhare itangazamakuru ryagize mu kubafasha kumenyekanisha ibibazo […]Irambuye

Imodoka nini 35 ziyongereye mu zitwara abagenzi i Kigali

Remera – Imodoka 35 z’ubwikorezi rusange zigenewe gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali zamuritswe kuri uyu wa 14 Nyakanga, izi modoka zizajya zitwara abagenzi muri Kigali muri kompanyi za KBS, Royal na RFTC. Muri uyu muhango kuri uyu mugoraba wo kuwa mbere byatangajwe ko izi modoka ari ishoramari rya miliyari ebyiri na miliyoni 600 z’amafaranga […]Irambuye

en_USEnglish