Tags : RFI

Ku cyicaro cya FMI haraye haturitse igisasu cyari mu ibahasha

Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba mu Bufaransa rwaregewe ikirego cy’uko hari itsinda ry’Abagereki baraye baturikirije igisasu mu biro by’umwe mu bakozi b’Ikigega mpuzamahanga cy’imari(FMI) kigakomeretsa umwe mu bakozi baho. Uwakomeretse ngo ni umugore wari ufunguye iyo baruwa akaba akora mu biro by’umuyobozi wa FMI Christine Lagarde. Police ivuga ko hari amakuru y’uko iriya baruwa yari yoherejwe […]Irambuye

Perezida wese uzatorwa 2017, yahawe manda imwe y’imyaka 7

*Umushinga mushya w’Itegeko Nshinga watowe 100% n’Abadepite bari mu Nteko, *Uyu mushinga urimo ingingo ya 172 iha Manda y’inzibacyuho y’imyaka 7 Perezida wese uzatorwa muri 2017, *Perezida watowe nyuma ya 2017, nasoza iyi myaka 7, azaba yemerewe no kwiyamamaza muri Manda y’imyaka 5 yongera kwiyamamarizwa inshuro imwe, *Iyi myaka 7 si iyagenewe Perezida Paul Kagame gusa […]Irambuye

en_USEnglish