Tags : Republican Party

USA: Ifoto ya Donald Trump uhatanira kuba Perezida yashyizwe ku

Umukandida wo mu cyiciro cya mbere mu Ishyaka ry’Abarepubulika, umuherwe Donald Trump ashobora gutakaza abayoboke nyuma y’aho Uruganda rw’Umunyakenya rwitwa Tycoon rukoreye agakingirizo (condom) kariho ifote ye. Donald Trump ari mu bibazo nyuma y’amagambo yatangaje asuzugura Aburabura n’abantu bakomoka muri Amerika y’Epfo (Hispanics) by’umwihariko ababa muri Leta zunze Ubumwe za Amerika. Mu bikorwa bye byo […]Irambuye

Saddam na Kadhafi iyo baba bariho Isi iba ari nziza

Donald Trump, umuherwe uhatanira kuzayobora igihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, ku ruhande rw’Abarepabulikani (Republican Party), yatangaje ko isi iba ari nziza cyane iyo Saddam Hussein wayoboraga Irak na Mouammar Kadhafi wayoboraga Libya iyo baba bakiriho, yabivuze mu kiganiro cyatambutse ku cyumweru. Trump yagize ati “Mbere, muri Irak nta terabwoba ryahabaga.” Asubiza umunyamakuru wa […]Irambuye

en_USEnglish