Tags : RENCP

Barifuza ko 20% by’ingengo y’Imari y’igihugu yajya mu burezi

*Bishimiye ko abana bose bajya kwiga ariko ikibazo kiracyari mu bumenyi bahabwa, * Uko umwana apfira mu iterura no mu burezi ni ko bimeze *Ubusanzwe 12% by’ingengo y’imari niyo ashyirwa mu burezi Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta yita ku burezi RENCP (Rwanda Education NGOs Coordination Platform) riravuga ko ingengo y’imari ishyirwa mu burezi idahagije ndetse […]Irambuye

en_USEnglish