Gatsibo- Mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare kiri i Gabiro, Asoza itorero Indangamirwa icyiciro cya 10 kuri uyu wa kane Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasabye urubyiruko rwitabiriye izi nyigisho kugira uruhare mu kurinda umutekano w’u Rwanda, abasogongeza kuri amwe mu mabanga aranga umusirikare uri mu rugamba rwo guhashya umwanzi. Umukuru w’igihugu wahaga uru […]Irambuye