Tags : Paul Kagme

U Rwanda rurasaba ibisobanuro U Burundi ku rupfu rwa Amb.Bihozagara

Itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, rivuga ko tariki ya 31 Werurwe, 2016 Leta y’u Rwanda yamenyeshejwe ku wa Gatatu iby’urupfu rwa Ambasaderi Jacques Bihozagara wanabaye Minisitiri. Rivuga ko ibyo u Rwanda rwamenyeshejwe ko urupfu rwa Bihozagara rwabaye giturumbuka mu buryo budasobanutse “suddenly in unclear circumstances”, tariki ya 30 Werurwe 2016. […]Irambuye

Umuhanda Ngoma-Bugesera-Nyanza uzashyirwamo kaburimbo muri 2016

Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yarangiye kuri uyu wa kabiri tariki 22 Ukuboza i Kigali, Dr. Alexis Nzahabwanimana, Umunyamabanga wa Leta ushinze ibikorwaremezo muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo yavuze ko umuhanda Ngoma-Bugesera-Nyanza uzakorwa mu ngengo y’imari 2016/17, ndetse yavuze ko akarere ka Gisagara vuba aha kazabona umuhanda wa kaburimbo uturutse i Save. Ikibazo cy’imihanda cyazamuwe n’abaturage batangaga ibitekerezo […]Irambuye

en_USEnglish