Tags : Patrick Sibomana

Nizar Kanfir afitiye icyizere abasore be ko bazasezerera Yanga

APR FC na Yanga Africans, zakoze imyitozo ku mugoroba wo kuri uyu wa kane zitegura umukino ugomba kuzihuza kuwa gatandatu muri CAF Champions League. Imihigo ni yose ku mpande zombi. Umutoza wa APR FC ngo afitiye icyizere abasore be. Umuseke waganiriye n’umutoza wa APR FC, Nizar Kanfir atubwira aho ageze yitegura uyu mukino. Nizar Kanfir […]Irambuye

BREAKING: Djihad Bizimana amaze gusinya muri APR FC

Updates (12h30 PM): Ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa gatanu Djihad Bizimana agaragaye asohoka mu bunyamabanga bw’ikipe ya APR FC. Amakuru amwe aravuga ko yaba amaze gusinya muri iyi kipe y’ingabo. Nyuma gato amakuru yageze k’Umuseke ni uko uyu mukinnyi ukomoka I Rubavu yari amaze gusinya amasezerano yo gukinira APR FC. Kugeza ubu ubuyobozi […]Irambuye

AFCON 2017: Sibomana Patrick yiyongeye mu ikipe nkuru y’igihugu

Rutahizamu ukina aca ku ruhande Sibomana Patrick arakorana imyitozo n’abandi bakinnyi b’ikipenkuru y’igihugu Amavubi kuri uyu wa gatanu kuri Sitade Amahoro. Umutoza Jonathan McKinstry yahise mo kumwongera mu ikipe yari yahamagaye nyuma yo kubona yitwara neza ku mukino w’igikombe cy’amahoro wahuje APR FC na La Jeunesse kuri uyu wa kane kuri Sitade ya Kicukiro. Jonathan […]Irambuye

en_USEnglish