Tags : Nyungwe

Rusizi: Abagabo 7 barakekwaho gushimuta inyamaswa no gucukura zahabu muri

Ni nyuma y’igihe kinini havuzwe ko mu ishyamba rya Nyungwe hari abantu bacukuraga amabuye y’agaciro ndetse bakanayajyana mu gihugu cy’u Burundi kandi bagahiga n’inyamaswa bitemewe. Aba bagabo akenshi bakora aka kazi usanga barihebye dore ko hari n’abica abaje kubabuza gukora akazi nk’ako bityo ngo badahagurukiwe hari impungenge ko habaho kubura ubuzima bwa bamwe. Aba kora […]Irambuye

Rusizi: Impanuka ikomeye yateje ibihombo bikomeye abacuruza inka

Iyi mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari itwaye inka 33 zo kubagwa, yavaga mu karere ka Nyamagabe yerekeza i Rusizi nibwo yaje kurenga umuhanda igeze mu murenge wa Giheke  nyuma yo kubura icyerekezo, iribirandura, irangirika bikomeye n’inka nyinshi zirapfa. Ababonye iyi mpanuka, bavuga ko yabaye mu masaha ya saa yine z’ijoro. Batangarije Umuseke […]Irambuye

en_USEnglish