Tags : Nyirahabineza Valerie

EAC ko dufite ibigo byinshi kuki nta Komisiyo yo kurwanya

*Min Busingye ati “ Nta gihugu cyo mu karere gikwiye kwemera kuba indiri y’abakoze Jenoside.” Mu biganiro bamwe mu badepite b’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA) bagiranye na Minisitiri w’Ubutabera mu Rwanda kuri uyu wa 15 Nzeri, Hon Valerie Nyirahabineza yavuze ko mu karere hakwiye gushyirwaho imiryango n’ibigo byihariye byo kurwanya Jenoside. Ati […]Irambuye

en_USEnglish