Tags : Nyange

Ngoma: Umukozi w’ikigo nderabuzima yarashwe arapfa

Iburasirazuba – Umukozi w’ikigo nderabuzima cya Nyange mu murenge wa Mugesera mu karere ka Ngoma yaraye yishwe arashwe n’umuntu utaramenyekana mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere. Jean Damascene Bizumuremyi Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugesera yabwiye Umuseke ko uwarashwe yitwa Christian Maniriho yari umukozi muri Laboratoire y’iki kigo nderabuzima. Uyu mukozi ngo yarashwe saa […]Irambuye

Intwari z’i Nyange zirasaba ko ibyazibayeho bitakwibagirana

Abahoze ari abanyeshuri mu ishuri ryisumbuye rya Nyange ubu bagizwe Intwari z’igihugu z’Imena, kuri uyu wa kabiri basabye Minisiteri y’urubyiruko na Siporo gufasha kugira ngo ibyabaye i Nyange byakwandikwe mu bitabo, binakinwemo za cinema kugira ngo bitazibagirana mu Rwanda. Mu ijoro ryo kuwa 18-19 Werurwe 1997 abacengezi bateye ku ishuri ryisumbuye ry’i Nyange mu Burengerazuba […]Irambuye

en_USEnglish