Tags : Nyagasambu

Umwanda w’ikimoteri kiri mu isoko rya Nyagasambu ubangamiye abarirema

*Icyo kimoteri ni cyo cyonyine gishyirwaho imyanda, yarenze ubushobozi bwayo haba hanuka, *Bamwe mu bacuruzi bakirambikaho ibicuruzwa nk’imyenda, *Mayor wa Rwamagana avuga ko hari umugambi wo gukemura icyo kibazo burundu, ariko nta gihe ntarengwa, *Isoko rya Nyagasambu ngo hari gahunda yo kuryagura ahubakiye hakaba hagari. Mu cyumweru gishize Umuseke wasuye isoko rya Nyagasambu, abaturage baricururizamo […]Irambuye

“N’i Nyagasambu rirarema” ubu riremera ku zuba n’imvura

*Isoko rya Nyagasambu rizwi cyane mu amateka no mu ndirimbo ya Jean Christophe Matata *Abarirema bavuga ko rifunganye, abandi bacururiza ku zuba imvura yagwa bakazinga ibyabo *Abacuruzi bavuga imisoro batanga yakwiye kububakira isoko nibura bisanzuramo Rwamgana – Ni isoko rizwi cyane mu Rwanda kubwo kubw’imvugo yamamaye ngo “N’i Nyagasambu rirarema” ngo biva ku kuba cyera […]Irambuye

en_USEnglish