Tags : Nyabimata

Nyaruguru: Imbuto z’ibirayi zihatuburirwa bazisagurira abandi na bo batarakwirwa

*Abaturage bavuga ko imbuto z’intuburano zitanga umusaruro mwinshi ariko ngo ntiziboneka, *ADENYA mu gihembwe gishize yatubuye T 90 i Nyaruguru hahingwa T 40 zonyine. Igihingwa cy’ibirayi ni kimwe mu bihingwa byera cyane mu karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo kikaba no mu bihingwa bine byatoranyijwe guhingwa muri aka Karere muri gahunda yo guhuza ubutaka, nubwo […]Irambuye

Umurenge wabuze AMABATI 20 yo gusakara inzu y’umusaza Gashaza!

*Hashize amezi abiri Umuseke ugaragaje ikibazo cy’uyu musaza w’incike *Ubuyobozi bw’Umurenge bwari bwabwiye Umuseke ko Umuganda umwe uzubakira uyu musaza *Umuganda washije ikibanza umufundi umwe arayizamura *Hashize IBYUMWERU Umurenge uvuga ko wabuze amabati 20 *Umusaza arakibaza impamvu atubakirwa kandi abasirikare barigeze gutanga amafaranga yo kumwubakira Nyaruguru – Hashize amezi abiri Umuseke utangaje ikibazo cy’uko umusaza Gashaza […]Irambuye

en_USEnglish