Tags : Niyongana Gallican

Mu itegeko ry’umuryango rishya umugore yarega asaba kwihakana umwana

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Gicurasi, Abasenateri bagize Komisiyo ishinzwe imibereho myiza, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage yasuzumye itegeko rishya ry’umuryango no kurinononsora basanga hari ingingo zikomeye zirengagijwe. Uyu mushinga w’itegeko rigenga umuryango, ni ivugurwa ry’itegeko ryariho ryashyizweho mu 1988. Komisiyo ishinzwe imibereho y’abaturage mu Nteko Nshingamategeko, umutwe w’abadepite bari barisuzumye mbere y’uko […]Irambuye

MIFOTRA irakora iki ngo itangwa ry’akazi rinyure bose?

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Anastase Murekezi uyu munsi yari imbere ya Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena, aho yasobanuye ko Leta yashyizeho ingamba nyinshi zo kunoza itangwa ry’akazi no gucunga abakozi bayo. Ni nyuma y’ibyagaragajwe bikemanga imitangirwe y’akazi n’imikorere y’abakozi ba Leta. Iyi komisiyo yatumiye Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu […]Irambuye

en_USEnglish