Tags : Ngera

Nyaruguru: Begerejwe poste de santé ariko ntikora nijoro no muri

Amajyepfo – Abatuye mu kagali ka Nyamirama mu murenge wa Ngera mu karere ka Nyaruguru baherutse kwegerezwa ishami nderabuzima (poste de santé), byari ibyishimo kuri bo kuko bakoraga urugendo rurerure bajya kwa muganga. Ariko nanone bagaya serivisi iri shami bahawe rifite kuko ngo nijoro ridakora kandi no muri week end ntibavure. Abagana iki kigo bavuga […]Irambuye

Musaniwabo yahaye Sentore uburenganzira ku ndirimbo “Ngera”

Nyamagabe – Indirimbo yitwa “Ngera” yaramenyekanye cyane mu myaka yashize, yahimbwe na Eugenie Musaniwabo mu 1985 aririmba mu itorero ‘Indateba’. Jules Sentore aherutse kuyisubiramo atabiherewe uburenganzira na nyirayo. Kuri iki cyumweru Sentore yagiye kumureba amusaba imbabazi anamusaba uburenganzira bwo kuyikoresha, maze uyu mubyeyi arabimwemerera abishyira no mu nyandiko barabisinyira. Ku biro by’Umurenge wa Kaduha mu Karere […]Irambuye

en_USEnglish