Tags : National electral commission

Karongi: Uwatorewe kuyobora Umudugudu ahozwa ku gitutu ngo yegure

Umuyobozi w’umudugudu wa Gitwa mu kagari ka Mataba mu murenge wa Rubengera, avuga ko we n’abandi babiri batowe tariki 8 Gashyantare 2016 ngo bayobore imidugudu, ubu bahozwa ku gitutu n’abayobozi b’Umuryango FPR Inkotanyi mu kagari no ku murenge babasaba kwegura, bamwe ngo bareguye. Uyu muturage avuga ko tariki ya 8 Gashyantare, yitabiriye amatora nk’abandi baturage, […]Irambuye

Rubavu: Abujuje imyaka yo gutora barasabwa kuzitabira amatora y’inzego z’ibanze

Abaturage bagomba gutora abayobozi bazabagirira akamaro, abagore bagomba kwitabira kwiyamamariza imyanya mu nzego z’Ibanze, kwikosoza kuri lisiti y’itora byatangiye ejo tariki 12-30/2/2016, Komisiyo y’amatora irasaba abayobozi b’inzego z’ibanze ko bashishikariza abaturage kwikosoza, ikanasaba abujuje imyaka yo gutora kuzitabira amatora. Mazimpaka Emmanuel, umuyobozi wungirije w’Akarere ka Ngororero ushinzwe ubukungu n’iterambere avuga ko byakabaye byiza buri nama […]Irambuye

en_USEnglish