Tags : Muhumuza

Ngo 90% bashinjuye Twahirwa uregwa Jenoside i Rukumberi ni abo

*Abashinjuye Twahirwa bose ni abigeze gufunganwa na we bazira gukora Jenoside; *Ubushinjacyaha buvuga ko 90% by’abashinjuye bafitanye isano n’uregwa; batatu ni baramu be; *Twahirwa we ngo ntiyari gutegeka kwica umuntu narangiza abikirwe urupfu rwe; *Abashinje uregwa bose ngo batanze ubuhamya hatubahirijwe amategeko; *Iburanisha rya none ryitabiriwe n’abakabakaba 40. Ni mu rubanza rw’ubujurire bwa Twahirwa Francois […]Irambuye

Mugesera yavuze ko atari Interahamwe, atanashinze umutwe wazo

“Ntabwo interahamwe zashinzwe ari ‘Anti Tutsi’ (kurwanya Abatutsi)”; “Mu bari baziyoboye hari harimo n’Abatutsi”; “ Ntabwo jye Mugesera ndi Interahamwe; sinigeze mba Interahamwe; sinashinze Interahamwe;” 09/06/2014- Mugesera ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu, yabwiye Urukiko ko ibyatangajwe n’umutangabuhamya Ngerageze Muhamud ntaho bihuriye n’ukuri kuko yitangarije ko atari amuzi. Mugesera yanengaga ubuhamya […]Irambuye

en_USEnglish