Tags : Morgan Freeman

Rwanda: Abanyamideli baherutse kugurirwa ishati na Morgan biteze impinduka

Inzu y’imideli ‘Uzi Collections’ bari mu byishimo nyuma yo kugurirwa ishati n’icyamamare muri cinema Morgan Freeman uherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda, bakavuga ko bizabafasha kumenyekana ku rwego mpuzamahanga. Kuwa 15 Gicurasi ubwo Morgan Freeman yasuraga urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi yagaragaye yambaye ishati y’ubururu ifite umwimerere wa Kinyafurika. Iyi shati yayiguriye mu Rwanda, […]Irambuye

Morgan Freeman yasuye Ingagi mu Birunga

Morgan Freeman umukinnyi wa cinema w’Umunyamerika wamenyakanye cyane ku Isi uri mu Rwanda kuva mu minsi ibiri ishize uyu munsi kuva saa moya za mugitondo yari muri Pariki y’ibirunga asura ingagi. Umuseke wabashije kubona amafoto ya mbere y’uyu mugabo w’imyaka 80 y’amavuko ari gusura ingagi mu Birunga. Freeman wageze mu Rwanda kuwa 11 Gicurasi uruzinduko […]Irambuye

en_USEnglish