Tags : MINUJUST

Humviswe abaregera indishyi mu rubanza rwa Twahirwa wajuririye igihano cya

Mu iburanisha rya none mu rubanza ruregwamo Twahirwa Francois ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu yahoze ari Komine Sake muri Perefegitura ya Kibungo (ubu ni mu murenge wa Rukumberi mu Ntara y’Uburasirazuba mu karere ka Ngoma), hibanzwe ku kumva uruhande rw’abaregera indishyi. Twahirwa Francois yari yakatiwe n’urukiko rwisumbuye rwa Kibungo igihano cy’URUPFU […]Irambuye

Mugesera yabwiye urukiko ko icyunamo cyatumye adakora ibyo yari yemeye

Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Leon Mugesera ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu, kuri uyu wa 15 Mata, uregwa yabwiye Urukiko ko kubera gahunda z’icyunamo zaberaga muri Gereza atabashije gutegura ibyo anenga ku buhamya bw’abatangabuhamya babiri nk’uko byari byemeranyijweho mu iburanisha riheruka bityo akaba ariyo mpamvu yateguye kuri umwe yananenze ubuhamya bwe none. Urukiko […]Irambuye

en_USEnglish