Tags : Minisitiri w’Intebe

Nta Ntore irebera, itekinika…umuyobozi agomba gukorera abaturage – Murekezi

Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2016 mu Karere ka Huye hasojwe Itorero ry’Abayobozi b’Amashami mu bigo bya Leta mu Rwanda bazwi nk’Intore z’Imbamburiramihigo, Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi warisoje yasabye abayobozi kurangwa na serivisi nziza. Abitabiriye itorero ryahuzaga abayobozi b’amashami mu nzego zose  za Leta, ibigo, amakomisiyo, inzego z’ibanze n’iz’Intara bavuga ko iminsi 10 bamazemo bahakuye […]Irambuye

Minisitiri w'Intebe arakangurira urubyiruko kwirinda ubukwe buhenze

Minisitiri w’intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi arakangurira Abanyarwanda bose bakora ubukwe cyane cyane urubyiruko kugerageza kugabanya gusesagura imitungo. Kuri uyu wa mbere abinyujije kuri twitter Minisitiri w’Intebe Dr Habumuremyi yakanguriye Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko gucunga neza bicye bafite no kwizigamira kugira ngo bizere gutera imbere, bakanateza imbere igihugu cyabo. Yagize ati “Abanyarwanda cyane urubyiruko twirinde […]Irambuye

Ijambo rya Minisitiri w’Intebe rigiye gutuma inzego za Leta zivugururwa

Mu mwiherero wa 11 w’abayobozi bakuru Minisitiri w’Intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi yavuze ijambo rikameye, ryari rishingiye kuri raporo y’uko imyanzuro y’umwiherero w’abayobozi wa 10 wagenze, agaragaza imikorere idahwitse y’abayobozi bose b’igihugu ndetse agasaba ko hagira igikorwa kuko iyo mikorere mibi ikomeje kudindiza igihugu. Ijambo rye ryaranzwe no kugaragaza imikorere idahwitse y’abayobozi bakuru b’igihugu uretse […]Irambuye

en_USEnglish