Tags : MINIFRA

REG ngo iracyizeye ko MW 563 z’amashanyarazi zizaba zarabonetse mu

Ubu u Rwanda rufite MW 186, Ikigo cy’igihugu gifite mu nshingano umuriro w’amashanyarazi kirizeza Abanyarwanda ko mu 2018, intego ya MW 563 z’umuriro w’amashayarazi izaba yagezweho, intego ijyana no guha umuriro 70% by’Abaturarwanda. Kubyerekeranye umuriro w’amashanyarazi, Gahunda y’imbagurabukungu ya kabiri (EDPRS2) iteganya ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2017/2018 u Rwanda ruzaba rufite umuriro wa […]Irambuye

en_USEnglish