Tags : Me Rudakemwa

Mugesera na Avoka we Rudakemwa bageze mu rw’Ikirenga bajurira

*Me Rudakemwa yaciwe ihazabu inshuro eshatu. Zose hamwe yaciwe 1 400 000Fwrs; *Mu rw’Ikirenga yemeye ihazabu yaciwe inshuro imwe gusa ndetse ko yayishyuye; *Ubushinjacyaha bwatunguwe n’ibyatangajwe n’Avoka wa Mugesera; *Mugesera we ngo ibyakurikiye icyo ari kujuririra bikwiye guteshwa agaciro. Mu rubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Dr Mugesera wajuririye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rukuru cyo kutumva umwe mu […]Irambuye

Urukiko rwanzuye ko Me Rudakemwa akomeza kunganira Mugesera

Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda buregamo Dr Leon Mugesera ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri ‘meeting’ yo ku Kabaya; kuri uyu wa 6 Ukwakira Urukiko rwanzuye ko Mugesera n’Umwunganizi we mu mategeko nta mishyikirano bafitanye na Minisiteri y’Ubutabera nk’uko babitangaje, rwahise runategeka ko Urubanza rugomba gukomeza kuburanishwa kandi Me Rudakemwa agakomeza kunganira […]Irambuye

Unteye mfite imbunda mu rwego rwo kwitabara nakurasa – Mugesera

*Mugesera yavuze ko atahamagariye abantu kwica abandi ku busa Mu rubanza rwa Leon Mugesera ukurikiranyweho kugira uruhare kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakomeje kuri uyu wa kabiri avuga ku mutangabuhamya Hategekimana Idi. Mugesera yamugaragaje nk’uwaranzwe no kuvuga amabwire. Mugesera  yavuze ko kuba Hategekimana yaravuze ko atewe yatabaza, ngo ni ko we abyumva, naho Mugesera we ngo yumva umuntu […]Irambuye

en_USEnglish