Tags : Me Jean Felix Rudakemwa

Urukiko rwanzuye ko nta gihe kizongera gutakara mu rubanza rwa

Urukiko rukuru ku Kimihurura kuri uyu wa kabiri rwafashe imyanzuro ku busabe bwa Leon Mugesera wifuzaga kongererwa igihe cyo gusoma imyanzuro y’Ubushinjacyaha ikubiyemo ibihano bwamusabiye, ndetse n’ikibazo cy’umwunganizi we wahamijwe gutinza urubanza nkana. Urukiko rwavuze ko ibi byose nta gaciro rubihaye kuko bigamije gutinza urubanza, ndetse ko ubu ngo nta gihe kizongera gutakara muri uru […]Irambuye

Umutangabuhamya ushinja Mugesera yabuze urubanza rurasubikwa

Kuri uyu wa 1 Ukwakira 2014 urubanza rwa Leon Mugesera rwari gusubukurwa nk’uko byari biteganyijwe, nk’uko bisanzwe umutangabuhamya n’ababuranyi bari kuhagera saa mbili n’igice, aba bahageze ariko umutangabuhamya arabura. Urukiko rutegeka ko bamutegereza kugeza ahagana saa tatu n’igice ataraza maze rutegeka ko urubanza rusubitswe. Urukiko rwabanje kubaza impande zombie icyo zibivugaho. Ubushinjacyaha buvuga ko kuba […]Irambuye

en_USEnglish