Tags : Me Antoinette Mukamusoni

Green Party yasabye Urukiko guhagarika Komisiyo yashyizweho yo kuvugurura Itegeko

*Ijambo ‘NTA NA RIMWE’ rigaragara mu ngingo y’ 101 rifite icyo risobanuye; ngo ni kirazira” *Mu bihugu duturanye; aho manda zahinduwe ibintu ntibyagenze neza” *Itegeko Nshinga ntirishyirirwaho umuntu; rishyirirwaho Repubulika” *Uruzitiro bashyize kuri iyi ngingo (101); uyu munsi si bwo bifuje ko rwagwa” *Izi ngingo (101 na 193) zirasobanutse keretse uwazisobanura abiganisha mu nyungu ze. […]Irambuye

Urukiko rw’Ikirenga ruhaye agaciro ikirego Green Party iregamo Leta y’u

*Green Party irega Leta y’u Rwanda gukora ibikorwa bigamije guhindura itegeko nshinga, *Ivuga ko ingingo ya 101 ibuza umukuru w’Igihugu kurenza manda ebyiri ari ‘Ntayegayezwa’, *Ihakana yivuye inyuma ko ingingo ya 193 y’Itegeko Nshinga idateganya ivugururwa ry’ingingo ya 101, *Green Party isaba ko habaho gusobanura byimbitse ingingo ya 101 n’iya 193 z’itegeko Nshinga. *Abunganira Leta […]Irambuye

en_USEnglish