Tags : Mauritius

Amavubi yihimuye bikomeye kuri Iles Maurices yari yayakoze mu jisho

Amavubi y’u Rwanda yakoze ibyo ataherukaga, bitanu ku busa bw’ibirwa bya Maurices biheruka kuyatsinda kimwe ku busa. Mu mukino wari ubuntu kwinjira kuri stade kugira ngo bongere kugarura abantu ku kibuga nyuma y’umusaruro mubi, Amavubi yabigezeho, ariko urugendo rwo kujya muri CAN 2017 ruracyakomeye… Amavubi yarushije cyane Iles Maurices, buri wese wabonye uyu mukino yibaza […]Irambuye

Kwinjira ku mukino w’u Rwanda na Iles Maurices NI UBUNTU!!!!

Abanyarwanda bakunda kuganira ko “Inzoga ibishye ariyo itangirwa Ubuntu” ariko ubu n’umukino w’Amavubi n’ibirwa bya Maurices kuwinjiraho ni ubuntu!! Imapmvu nta yindi ni umusaruro mubi u Rwanda ruheruka kuvana muri ibi birwa byari bitsinze u Rwanda bwa mbere. Amakipe yombi mu itsinda H ari guhatanira kujya muri CAN 2017 muri Gabon. Kuri uyu wa mbere […]Irambuye

U Rwanda rwahigiye gutsinda ibirwa bya Maurice rukajya mu gikombe

Mu kiganiro n’abanyamakuru umutozwa w’Amavubi, Johnny McKinstry, yavuze ko bashaka gutsinda Iles Maurices (Mauritius Island) mu mikino yombi bikazafasha mu rugendo rwo gushaka ticket yo gukina igikombe cya Africa cya 2017. Johnny McKinstry yagize ati: “Tugiye gukina n’ibirwa bya Maurice dushaka amanota atandatu mu mikino ibiri kugira ngo bifashe imibare yacu. Ni intego zacu, ariko […]Irambuye

en_USEnglish