Tags : Martin Kobler

Ari i Kigali, Kobler yavuze ko bategereje umwanzuro wa ICGLR

Kigali- Kuri uyu wa 10 Mutarama 2015 mu kiganiro n’Abanyamakuru i Kibagabaga ku ishami rya MONUSCO mu Rwanda, Martin Kobler uyoboye ubutumwa bwa MONUSCO yavuze ko imyiteguro yo kugaba ibitero ku barwanyi b’umutwe wa FDLR yarangiye igisigaye ari uguhabwa uburenganzira, avuga ko hari ikibazo cya Politiki hagati ya y’imiryango ya SADC na ICGLR  igatanga uburenganzira ibitero bigahita […]Irambuye

FDLR yaburiwe bwa nyuma gushyira intwaro hasi

Martin Kobler umuyobozi w’ingabo za MONUSCO ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo Kinshasa yatangaje kuri uyu wa 07 Kanama ko “Abarwanyi bose ba FDLR n’abayobozi babo bagomba gushyira intwaro hasi ako kanya…” Yariho atanga raporo y’umutekano muri Congo imbere y’ibihugu 15 bigize akanama k’umutekano k’Umuryango w’abibumbye. Abicishije ku rubuga rwe rwa Twitter, Martin […]Irambuye

en_USEnglish