Tags : Leta y’u Rwanda

Kantengwa mu rukiko yarezwe guhombya Leta miliyari na miliyoni 700

Angelique  Kantengwa wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB), yitabye urukiko rw’ibanze rwa Nyamirambo kuri uyu wa 24 Nzeli 2014. Ubushinjacyaha bwamureze guhombya Leta akayabo ka miliyari na miliyoni zisaga 600 ndetse no gutanga ibya Leta ku buntu. Ubushinjacyaha bwavuze ko imirimo yo gukora igishushanyombonera cy’ahazubakwa amazu ya RSSB i Gacuriro yagombaga gukorwa na […]Irambuye

Buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe aba yanduye agakoko

Kuri uyu wa gatanu ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho n’abakozi b’iyi Minisiteri bari Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basobanura uko ubwandu bushya bwa SIDA buhagaze mu Rwanda, bavuze ko muri iki gihe nibura buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe yandura agakoko gatera SIDA. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kugeza ubu abanyarwanda 226,225 bajya kungana […]Irambuye

Mu matangazo, uyu munsi u Rwanda rwahakanye ibyo USA yanenze

Mu itangazo ryasohowe n’ishami ry’ububanyi n’amahanga rya Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 04 Kamena, rivuga ko Amerika ihangayikishijwe n’itabwa muri yombi n’ifungwa ry’abantu mu buryo butemewe n’amategeko mu Rwanda. Mu masaha yo kuri uyu mugoroba Leta y’u Rwanda nayo ku rubuga rwayo yahise isohora itangazo rivuga ko Polisi n’inzego z’umutekano mu Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish