Tags : Kaze Cedric

Kaze Cedric yagaragaye ku mukino wa Rayon, yaba ari mu

Rayon Sports iracyashakisha umutoza izakoresha muri uyu mwaka wa shampionat 2015-16, amakuru aravuga ko hari abatoza batanu bari mu biganiro n’iyi kipe. Ku ikubitiro Didier Gomes da Rosa ibiganiro byari bigeze kure. Kuri stade ya Muhanga kuri uyu wa gatatu hagaragaye umutoza Kaze Cedric, biravugwa ko nawe yaba ari kuvugana na Rayon. Iyi kipe ubu […]Irambuye

Nshimiyimana ari kuvugana na AS Kigali

Nyuma y’uku ikipe ya As Kigali iburiye umutoza wayo Cassa Mbungo Andre wagiye muri Police FC hamaze iminsi amakuru avuga ko Kaze Cedrick wirukanwe mu ikipe ya Mukura ndetse na Eric Nshimiyimana ngo bombi baba bari mu biganiro n’ikipe ya As Kigali, Felix Masengesho umuyobozi wa As Kigali yabanje kubihakana. Ariko nyuma aza kwemera ko bari […]Irambuye

en_USEnglish