Tags : Kayisime Nzaramba

Meya wa Nyarugenge ngo abacuruza urumogi barenze kuba “Interahamwe”

Mu biganiro byahuje ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge n’abaturage bo mu murenge wa Kimisagara ku rugo basanzeho ububiko bwa 450Kg z’urumogi, umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Kayisime Nzaramba yavuze ko abacuruza iki kiyobyabwenge ari abanzi b’igihugu kuko baba bari kwangiza u Rwanda ndetse ko atabura kubagereranya n’Interahamwe zoretse u Rwanda muri Jenoside. Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Kayisime Nzaramba […]Irambuye

en_USEnglish