Tags : Kamichi

Kamichi yarongoye

Mu minsi ishize tumubajije iby’ubukwe bwe twari twamenye ko buri hafi yatubwiye ko ntacyo yabitangazaho, uyu munsi ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje ko ubu ari umugabo wubatse. Kuri Facebook yanditse ati ” Hari hashize iminsi Umuseke umenya amakuru ko uyu muhanzi w’injyana ya AfroBeat agiye kurushinga aho aba muri Amerika, ariko yahisemo kutatubwira ibindi ku […]Irambuye

“Uko kigeli amaze imyaka 40 avuga ko azagaruka nanjye niko

Adolphe Bagabo uzwi cyane nka Kamichi amaze umwaka muri America, bamwe bibazaniba azagaruka cyangwa atazagaruka, we yabwiye umuseke ko azagaruka nubwo atari ejo cyangwa ejo bundi. Kamichi wahagarutse i Kigali umwaka ushize avuga ko azagaruka mu kwezi kwa munani, si uko byagenze kuko umwaka ushize. Yagiye avuga ko agiye gusura inshuti n’abavandimwe ariko ubu ngo […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish