Tags : Kaguta Museveni

Abanyarwanda bafite uburenganzira bwo kwihitiramo – Depite wa UK ushinzwe

James Philip Duddridge umudepite mu Nteko y’Ubwongereza ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga n’ibihugu biri mu muryango wa Commonwealth yibanda ku bya Africa, ari mu ruzinduko muri aka karere aje ku kibazo cy’u Burundi, yaraye abwiye abanyamakuru i Kigali ko ku bijyanye no guhindura Itegeko Nshinga mu Rwanda ndetse n’amatora ya Referendum Ubwongereza bubibona nk’uburenganzira bwo guhitamo kw’abatuye […]Irambuye

Perezida Museveni yasuye Kikwete ngo baganire

Perezida Museveni wa Uganda ari muri Tanzania kuva kuri uyu wa 10 Nzeri aho ari bugirane ibiganiro na Perezida Jakaya Mrisho Kikwete. Tanzania imaze iminsi itagaragaza kwibona neza mu muryango wa EAC ndetse mu gihe gishize yashinje ibihugu bya Kenya, Rwanda na Uganda kubaheza mu mishinga imwe n’imwe. Tanzania iherutse kuvana ikirego cyayo mu rukiko […]Irambuye

en_USEnglish