Tags : Kagere Meddie

Kagere Meddie yemeye gusinya imyaka ibiri muri Gor Mahia

Kagere wigeze gukinira Gor Mahia yemeye kuyigarukamo ndetse yemera gusinya amasezerano yo kuyikinamo imyaka ibiri. Umuyobozi w’iyi kipe Ambrose Rachier yatangaje ku rubuga rwa Internet rwa Gor Mahia ko Kagere Meddie yabaye umukinnyi w’iyi kipe kuri uyu wa kene anishimira ko yagarutse. Ati “Meddie Kagere yongeye kuba umukinnyi wacu nyuma yo kwemera gusinya imyaka ibiri. […]Irambuye

Ijambo rya Degaule ryaciye Kagere intege ku gukinira Amavubi

Nubwo Kagere Meddie yatsinze ibitego 31 muri uyu mwaka mu ikipe ya Gor Mahia muri Kenya, umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Vincent de Gaule Nzamwita ntabwo aramubona mu bo Amavubi akeneye. Kagere uri mu biruhuko mu Rwanda, yabwiye Umuseke ko ikizere cyo kongera gukinira Amavubi kuri we cyayoyotse kubera ibyo yumvanye uyobora umupira w’amaguru […]Irambuye

en_USEnglish