Tags : Kaddafi

Muri iki Cyumweru Maroc irongera yakirwe nk’umunyamuryango wa AU

*Haravugwa byinshi birimo kurota kw’intambara hagati ya Leta ya Maroc n’abayirwanya… Imyaka 33 yari ishize igihugu cya Maroc gifashe umwanzuro wo kwikura mu muryango w’Ubumwe bw’Afurika (Organisation de l’Union Africaine/AU) nyuma y’aho uyu muryango wakiriye Igihugu cya Sahara y’Iburengerazuba. Maroc iri no mu bihugu byashinze uyu muryango, iratangaza ko muri iki cyumweru yongera kwakirwa muri […]Irambuye

en_USEnglish