Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko kigiye gukura ingabo zacyo muri Repubulika ya Centrafrica zari mu butumwa bwo guhiga Joseph Kony n’abarwanyi be bo mu mutwe wa LRA ngo kuko uyu mugabo wafatwaga nk’uhangayikishije umutekano w’Isi atagiteye ubwoba. Iki gikorwa kizarangirana n’ukwezi kwa Gicurasi 2018. Uyu mwanzuro wa Uganda wo kuvana ingabo muri Repubulika ya Centrafrica […]Irambuye