Tags : #Jews

Impaka zari zishyushye hagati y’ Umuyahudi n’Umugatulika kuri Bibiliya na

Hari mu gihe abanyamateka bita Igihe Rwagati (Middle –Age). Abantu bazi amateka y’u Burayi bazi ko kiriya gihe cyaranzwe n’intambara z’abanyamisaraba (Les Croisades), Urukiko rwa Kiliziya Gatolika rwahanaga abo bitaga abahakanyi (héretiques) uru rukiko rukaba rwaritwaga ‘Inquisition’ hamwe n’iyicarubozo ryakorerwaga ababaga bahamijwe ibyaha n’urwo rukiko. Muri iki gihe ariko ni naho habaye impaka zikomeye zizwi […]Irambuye

en_USEnglish